Dr. Habineza na Nkubana batorewe kuba Abasenateri

Dr. Habineza na Nkubana batorewe kuba Abasenateri

Inteko Rusange y’Ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki (NFPO) kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 yatoreye Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana kuba Abasenateri.Mu gihe Dr. Habineza na Nkubana bakwemezwa…